PARENT’S MEETING ON SUNDAY 11th-JUNE-2017

Ubuyobozi bwa GS Ste Bernadette Save bufatanyije na komite y’ababyeyi, buramenyesha ababyeyi bose baharerera ko abana batazasurwa ku itariki ya 4/06/2017, nkuko byari bimenyerewe, ahubwo bakazasurwa ku wa 11/06/2017. kuri uwo munsi hateganyijwe inama rusange y’ababyeyi izatangira saa yine za mugitondo.
Tubasabye kuzayitabira mwese no kuzubahiriza igihe.
Mugire amahoro.